Gicumbi – Abafite ubumuga basabwe kwirinda icyorezo cya Sida
Tweet Abitabiriye umunsi w’abafite ubumuga Kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’abafite ubumuga mu karere ka Gicumbi bahawe ubutumwa bwo kwirinda icyorezo cya sida kuko imibare y’abanduye yiyongereye....
View ArticleNgoma: Ingaruka zo kubyara abana benshi ziri kwigisha urubyiruko
Tweet Ngoma: Ingaruka zo kubyara abana benshi ziri kwigisha urubyiruko Urubyiruko mu karereka Ngoma ruremeza ko ingaruka ziri kugaragara ku iterambere ry’imiryango zatewe n’imyumvire y’ababyeyi babo...
View ArticleKutaboneza urubyaro ni ukurushya Leta utiretse- Muzehe Batenderana
TweetBatenderana,umuturage wo muri Nyabihu avuga ko kutaboneza urubyaro ari ukurushya Leta ku muntu utabikoze nawe ubwe atiretse. Muzehe Batenderana nubwo afite umugore muto ashyigikiye kuboneza...
View ArticleNgororero residents happy with medical services
Tweet Residents of Ngororero district have commended hospitals and health centers operating across the district for improved services. “We are getting positive feedback from patients that local...
View ArticleGatsibo: Guca umuco wo gusangirira ku muheha byagabanyije indwara zandurira...
Tweet Mu gihe bamwe mu baturage batuye mu kagari ka Nyamirama, Umurenge wa Gitoki mu karere ka Gatsibo, bavuga ko kuba umuco wo gusangirira ku muheha waraciwe, byagabanyije indwara nyinshi zanduriraga...
View ArticleNgororero : Abivuriza kuri MUSA bishimiye serivisi bahabwa
Tweet Basigaye bitabira MUSA Bamwe mu baturage bo mu karere ka Ngororero bivuriza ku bwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Sante) bavuga ko bishimiye uko bafatwa ku bitaro n’ibigo nderabuzima, kuko ngo...
View ArticleAbabyeyi barakangurirwa gukoresha ifu ya Ongera Intungamubiri mu biryo by’abana
TweetUdusashe tuba turimo Ongera Intungamubiri Mu rwego rwo ku rwanya ibura ry’amaraso ababyeyi bafite abana bato kuva ku mezi 6 kugeza ku myaka 2 barasabwa gukoresha ifu yitwa “Ongera Intungamubiri”...
View ArticleRubavu: imiryango 99 ibana idahuje ibisubizo bya Virusi itera Sida
TweetImwe mu miryango yo mu karere ka Rubavu ibana idahuje ibisubizo Nubwo benshi bavuga ko gukorana imibonano mpuzabitsina n’ufite virusi itera Sida nawe uhita wandura, mu karere ka Rubavu habarurwa...
View ArticleNyaruguru: 45% by’abana bari munsi y’imyaka 5 baragwingiye
Tweet Ibarura ku mibereho n’ubuzima riheruka gukorwa mu mwaka wa 2010 ryagaragaje ko mu karere ka Nyaruguru abana 45% bari munsi y’imyaka 5 bari bafite ikibazo cyo kugwingira, mu gihe mu gihugu hose...
View ArticleNyamasheke: Abaturage banenga serivisi bahabwa n’ikigo nderabuzima cya Muyange
Tweet Bamwe mu baturage baturiye ikigo nderabuzima cya Muyange mu murenge wa Nyabitekeri banenga bikomeye imikorere y’abakozi b’ibi bitaro , aho babashinja kurangarana abarwayi , kubasuzuma indwara...
View ArticleRutsiro: JAF yiyemeje gutangira abatishoboye ubwisungane mu kwivuza.
TweetKuri uyu wa kane Tariki ya 26/02/2015 ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro bwagiranye inama n’ abafatanyabikorwa (JAF) mu rwego rwo kurebera hamwe aho imihigo igeze. abafatanyabikorwa bakaba biyemeje...
View ArticleRuhango: Les parents brisent le tabou sur la santé reproductive.
Tweet Certains parents, dans le District de Ruhango, témoignent qu’ils n’ont plus honte de discuter avec leurs enfants sur la santé reproductive et la sexualité en général, parce qu’ils ont pris...
View ArticleNgoma: Igikoni cy’umudugudu cyagabanije umubare w’abana bagaragaraho ibibazo...
Tweet Gahunda yo kwigishiriza ababyeyi mu midugudu uburyo bwo gutegura indyo yuzuye ituruka mu byo bahinga, mu umurenge wa Rurenge mu tugari twa Rwikubo byagabanije umubare w’ababyeyi barwazaga...
View ArticleBahame aragaragaza impamvu akarere ka Rubavu kari hasi mu gutanga ubwisungane...
TweetUmuyobozi w’akarere ka Rubavu Bahame Hassan Bahame Hassan, umuyobozi w’akarere ka Rubavu avuga ko abaturage ayobora bahuye n’ikibazo cy’imvura yangije imyaka hamwe n’imbuto y’ibigori bahawe...
View ArticleMurundi: Abaturage ngo bugarijwe n’icyorezo cya Marariya
Tweet Abaturage bo mu murenge wa Murundi mu karere ka Kayonza ngo bugarijwe n’icyorezo cya Marariya nk’uko byemezwa na bamwe mu batuye mu kagari ka Karambi, kamwe mu tugize uwo murenge. Bamwe mu bo...
View ArticleGisagara: Ntibagikwiye kwibutswa gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza
Tweet Abatuye umurenge wa Kigembe mu karere ka Gisagara basanga nta muturage ukwiye kwibutswa n’ubuyobozi gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza kuko bose bamaze kumenya akamaro kawo. Nk’uko...
View ArticleMother and Child Health Week’ launched in Ruhango
TweetJolie Germaine Mugeni, the vice mayor for social affairs in Ruhango district has called on residents to maintain best health practices in family especially the family hygiene as a way of improving...
View ArticleMurundi: Abatuye mu kagari ka Ryamanyoni barasaba kwegerezwa imiti isukura amazi
TweetAbaturage bo mu kagari ka Ryamanyoni ko mu murenge wa Murundi mu karere ka Kayonza bavuga ko bakeneye kwegerezwa imiti isukura amazi, kuko bamwe mu batuye muri ako gace bakivoma amazi y’ibidamu...
View ArticleNyabihu: Uretse abacikanywe, abaturage basanga umuryango udakwiye kurenza...
TweetBitewe n’aho isi igeze ndetse n’ubwiyongere bw’abaturage, bamwe mu baturage bo mu karere ka Nyabihu basanga kuri ubu ibyiza ari uko buri muryango utarenza abana batatu. uretse gusa iyamaze...
View ArticleNyabihu:Uburyo bushya bwo gutanga ubwisungane mu kwivuza buratanga ikizere
TweetBinyuze mu buryo bushya bwo gutanga ubwisungane mu kwivuza hifashishijwe ibimina ndetse n’ubukangurambaga buhatangirwa bwungura benshi ku kamaro k’ubwisungane mu kwivuza,ubuyobozi n’abaturage...
View Article