Burera: “Army Week” iri gufasha abagabo kwikebesha no kwipimisha SIDA ku buntu
TweetAbagabo ndetse n’abasore bo mu karere ka Burera barashishikarizwa kujya kwikebesha cyangwa se kwisiramuza kugira ngo bizabafashe kwirinda kwandura agakoko gatera SIDA ndetse n’izindi ndwara...
View ArticleHuye: Binubira gusabwa kugurira mituweri aho batirirwa
Tweet Muri iki gihe abifashisha ubwisungane mu kwivuza bwa mituweri bashishikarizwa gutanga amafaranga yo kuzivurizaho mu mwaka utaha w’ingengo y’imari, abantu bose basabwa gutangira amafaranga ku...
View ArticleBurera: Army Week in Circumcision drive
TweetMen and boys in Burera district are being encouraged to participate in the circumcision drive in a bid to prevent HIV/AIDS and other Sexual Transmitted Diseases. Circumcision beneficiaries line up...
View ArticleRuli: hatangijwe gahunda yo kurwanya imirire mibi bagana igikoni cy’umudugudu
Tweettariki 25 Kamena 2014, mu Kagari ka Gikingo mu Murenge wa Ruli hatashywe igikoni cy’umudugudu, abaturage bashishikarizwa gukomeza kugira uruhare mukugaburira abana babo indyo yuzuye kugirango...
View ArticleGakenke: Kuba ingabo za RDF zifasha abaturage mubikorwa bitandukanye bituma...
Tweettariki 26 Kamena 2014 nibwo impuguke z’abaganga b’ingabo za RDF batangije igikorwa cy’iminsi 3 cyo gusuzuma no kuvura ku bitaro bya Nemba bamwe mubarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata...
View ArticleEAC Delegates hold conference on social health protection
TweetExpectant mothers benefit greatly from paying insurance premiums Delegates from East African Community partner states convened in Kigali, on 7th July to discuss the validation of the draft report...
View ArticleBurera: Umwaka wa Mitiweri 2013-2014 warangiye abayitanze babarirwa muri 81%...
Tweet Ubuyobozi bw’akarere ka Burera butangaza ko umwaka wa Mitiweri 2013-2014 warangiye abaturage bo muri ako karere batanze amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza bagera ku kigero cya 81% mu gihe bari...
View ArticleKarongi: reproductive health education intensified in schools
TweetSome of the girls’ peer group leaders with guiding books to help train others Karongi district has launched a programme to promote adolescent sexual reproductive health education in schools....
View ArticleNyamagabe: Ubwitabire mu kwishyura ubwisungane mu kwivuza buri kukigeraranyo...
TweetAbitabiriye inama yiga ku buzima muri nyamagabe Mu mirenge 17 igize Akarere ka Nyamagabe, umwe niwo uri kugerageza kuzamuka kukigeranyo cya 49% kuko indi mirenge iri munsi ya 20% mu kwitabira...
View ArticleMuhondo – Indwara ziterwa n’umwanda zimaze kugabanukaho 80%
TweetTwagirumukiza Emmanuel umukozi ukora muri Raboratoire yo mukigo nderabuzima cya Muhondo Gakwerere Damien akaraba kuri Kandagirukarabe Kwitabira gukoresha kandagirukarabe ngo ni bimwe byafasije...
View ArticleGatsibo: Umubare w’abahitanwa na marariya waragabanutse
TweetUwimpuhwe Esperence Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo buvuga ko umubare w’abaturage bapfa bazize indwara ya marariya wagabanutseho hejuru ya...
View ArticleGisagara: Gutera imiti yica imibu ngo bizagabanya Malaria
TweetAbaturage bo mu karere ka Gisagara barashishikarizwa gukomeza kwirinda no kurwanya icyorezo cya maralia kuko ikihagaragara ndetse ,bigaragara ko aka karere kari mu turere twiganjemo iyi ndwara. Mu...
View ArticleKamonyi: Kwegerezwa serivisi z’ubuvuzi byafashije abatuye Rukambura kwivuza...
TweetMu gihe abatuye akagari ka Rukambura ho mu murenge wa Musambira bavuga ko bagorwaga no kugera ku kigo nderabuzima ngo bajye kwivuza, hashize amezi abiri bohererejwe abakozi bahoraho bo kubafasha...
View ArticleKayonza: Ubufatanye bugaragara muri gahunda y’igikoni cy’umudugudu bwatumye...
TweetBamwe mu babyeyi bo mu karere ka Kayonza bavuga ko gahunda y’igikoni cy’umudugudu yatumye indwara ziterwa n’imirire mibi zagaragaraga mu bana bo muri ako karere zigabanuka cyane, ibyo ngo bikaba...
View ArticleRugarama: babonye ikigo nderabuzima bemerewe
TweetAbaturage bo mu murenge wa Rugarama, mu karere ka Burera, batangaza ko ikigo nderabuzima begerejwe kigiye kufabasha mu buzima bwabo ngo kuko bagiye kujya bivuriza hafi mu gihe mbere bakoraga...
View ArticleEAC Delegates hold conference on social health protection
TweetExpectant mothers benefit greatly from paying insurance premiums Delegates from East African Community partner states convened in Kigali, on 7th July to discuss the validation of the draft report...
View ArticleBurera: Umwaka wa Mitiweri 2013-2014 warangiye abayitanze babarirwa muri 81%...
Tweet Ubuyobozi bw’akarere ka Burera butangaza ko umwaka wa Mitiweri 2013-2014 warangiye abaturage bo muri ako karere batanze amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza bagera ku kigero cya 81% mu gihe bari...
View ArticleKarongi: reproductive health education intensified in schools
TweetSome of the girls’ peer group leaders with guiding books to help train others Karongi district has launched a programme to promote adolescent sexual reproductive health education in schools....
View ArticleNyamagabe: Ubwitabire mu kwishyura ubwisungane mu kwivuza buri kukigeraranyo...
TweetAbitabiriye inama yiga ku buzima muri nyamagabe Mu mirenge 17 igize Akarere ka Nyamagabe, umwe niwo uri kugerageza kuzamuka kukigeranyo cya 49% kuko indi mirenge iri munsi ya 20% mu kwitabira...
View ArticleMuhondo – Indwara ziterwa n’umwanda zimaze kugabanukaho 80%
TweetTwagirumukiza Emmanuel umukozi ukora muri Raboratoire yo mukigo nderabuzima cya Muhondo Gakwerere Damien akaraba kuri Kandagirukarabe Kwitabira gukoresha kandagirukarabe ngo ni bimwe byafasije...
View Article