Gisagara: Uduce twegereye igishanga cy’akanyaru dukunze kwibasirwa na malariya
Tweet Abaturage bo mu karere ka Gisagara barashishikarizwa kwirinda no gukumira icyorezo cya malariya ,kuko bigaragara ko iyi ndwara yibasira aka karere, ahanini ikaba ikunze kwibasira uduce twako...
View ArticleNi gute amazi y’ibiziba yavamo amazi meza yo kunywa?
Tweet Nubwo hari intambwe igaragara yatewe mu kwegereza amazi meza abaturage, hari hamwe na hamwe bataragerwaho n’amazi meza bakinywa amazi mabi y’imigezi. Ariko ayo mazi mabi ushobora kuyatunganya...
View ArticleNgororero: Akarere kagiye kwiyambaza abakavukamo n’abafatanyabikorwa mu...
Tweet Nyuma y’isuzuma ryakozwe ku birebana n’ubwitabire bw’abaturage mu bwisungane mu kwivuza mu karere ka Ngororero bagasanga bakiri ku gipimo cyo hasi, ubuyobozi n’abakozi b’akarere bafashe ingamba...
View ArticleRusizi: Bugarama hari abaturage batarumva neza akamaro ko kuryama mu...
Tweet Umurenge wa Bugarama ni umwe mu mirenge y’Akarere ka Rusizi ugaragaramo umubare w’abaturage ukiri hejuru ku byerekeranye n’indwara ya Malariya. Nk’uko twabitangarijwe na bwana Bushayija Jean...
View ArticleRutsiro : Cantine y’akarere yongeye gufungurwa nyuma y’amezi abiri yari imaze...
Tweet Komisiyo ishinzwe kugenzura isuku mu karere ka Rutsiro yafunguye by’agateganyo inyubako y’akarere icururizwamo ibiribwa n’ibinyobwa (cantine), iyo nyubako ikaba yarafunguwe tariki 06/05/2014...
View ArticleNyamagabe: Hagiye kongerwa ingufu mu guhashya maraliya yongeye kwigaragaza.
TweetKuri uyu wa gatatu tariki ya 07/05/2014, abafite ubuzima mu nshingano ku rwego rw’akarere ka Nyamagabe, abayobozi b’ibitaro by’akarere, ab’ibigo nderabuzima ndetse n’abafatanyabikorwa b’akarere mu...
View ArticleRulindo: urubyiruko ntirwumva neza ipamvu yo kumenya hakiri kare ibijyanye no...
Tweet Hari bamwe mu rubyiruko mu karere ka Rulindo bavuga ko kugira ubumenyi ku bijyanye no kuboneza urubyaro mbere yo kurushinga ntacyo bimaze, ngo kuko basanga ntacyo byabamarira mu gihe bataragera...
View ArticleNyabihu: Bamwe mu baturage basanga gahunda yo kuboneza urubyaro ari isoko...
TweetBamwe mu bitabiriye gahunda yo kuboneza urubyaro mu karere ka Nyabihu basanga kuboneza urubyaro ntako bisa kuko bituma umuryango utekana, ntugire ibibazo bitandukanye biterwa no kubyara abo umuntu...
View ArticleGakenke: Uretse kuvuga ko kunywa itabi ari umuco nyarwanda ngo ribavura n’inzoka
Tweet Bamwe mubaturage batuye mu Karere ka Gakenke bemeza ko uretse kuba kunywa itabi ari umuco nyarwanda ngo hari nabo rivura inzoka zo munda kandi barananiwe kuzivurwa n’imiti yo kwamuganga. Ibi...
View ArticleNyabihu: Gahunda yo kubyara abana muri batisimu yatumye ikibazo cy’imirire...
TweetAbana bagera kuri 91 bari bafite ikibazo cy’imirire mibi, barakize neza binyuze mu bufatanye hagati y’inzego z’ubuyobozi n’iz’ubuzima mu guhashya iki kibazo. Uretse gahunda zindi zisanzwe...
View ArticleNyabihu: Nubwo imibare y’abitabira kuboneza urubyaro igenda izamuka abagabo...
Tweetushinzwe ubuzima Dusenge Pierre Nubwo abitabiriye gahunda yo kuboneza urubyaro mu myaka igera kuri 7 ishize,uhereye mu mwaka wa 2007 bavuye kuri 7% bakagera kuri 40% ,abagabo baracyatungwa...
View ArticleGakenke: Uwo ariwe wese wifuriza igihugu amahoro n’amajyambere agomba kumenya...
TweetKuba abaturage bagikomeje kwiyongera kuburyo bukabije kandi butagendaye n’umutungo w’igihugu, ni ikibazo gikomereye cyane leta kuko nibikomeza gutyo mu myaka iri mbere uretse kuzajya babura icyo...
View ArticleGicumbi – Ibihumyo bizafasha kugabanya umubare w’abana barwara indwara...
TweetIbihumyo bikungahaye ku ntungamubiri Kuba ibihumyo bikungahaye kuntungamubiri ziganjemo ibyubaka umubiri ngo bishobora kuba bimwe mubiryo byafasha abana bakirangwaho imiririe mibi muri aka karere...
View ArticleRusizi: hakenewe Ibiganiro mpaka hagati y’abana b’abakobwa n’ababyeyi mu...
Tweet Nyuma y’aho bikomeje kugaragara ko hariho ikibazo cy’abana b’abakobwa batwara inda zidateganyijwe kandi bakiri bato, twagiranye ikiganiro mpaka n’abana b’abakobwa ndetse n’ababyeyi babo kugirango...
View ArticleKamubuga: Nubwo umwaka w’ubwisungane mu kwivuza urangiye babaye abanyuma...
Tweet Kuba abaturage batuye umurenge wa Kamubuga mu Karere ka Gakenke aribo bafite ubwitabire bucye mubwishingizi bwo kwivuza buzwi nka Mutuelle de Sante ngo si uko batitabira gahunda za leta ahubwo ni...
View ArticleRubavu: Ingabo z’u Rwanda zatangije ibikorwa byo gupima Sida no gusiramura ku...
TweetMu bikorwa byo kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 u Rwanda rwibohoye, Ishami ry’ingabo z’u Rwanda rishinzwe ubuvuzi mu bitaro bya Kanombi ryatangiye ibikorwa byo gusiramura no gupima virusi...
View ArticleGisenyi hospital set to eliminate maternal deaths
TweetWomen attend a press tour at Gisenyi hospital Gisenyi district hospital has for the last two years come up with a new mechanism of giving expectant mothers special medical treatment and attention,...
View ArticleHari abajyanama b’ubuzima ngo batitabira gukora imirimo itabahesha...
Tweet Abajyanama b’ubuzima bo mu karere ka Burera barashishikarizwa gukomeza gukora imirimo yose bashinzwe batitaye gusa ku yo bahererwa agahimbazamusyi. Bibustwa ko iyo mirimo bakora yose itanga...
View ArticleKiziguro hospital: the example of self-reliance in Health care
TweetSome of the structures at the new hospital site With a budget of 1.5billion francs, Kiziguro hospital is set to raise the funds to construct a fully-fledged state of the art hospital without...
View ArticleIbitaro bya Gisenyi byatangiye gusiramura k’ubuntu hakoreshejwe impeta
Tweet Igikorwa cyo gusiramura hakoreshejwe uburyo bwa Prepex (hakoreshejwe impeta) mu bitaro bya Gisenyi bugiye gukorwa kubuntu kurubyiruko n’abandi barengeje imyaka 18 kugira ngo hatangwe amahirwe yo...
View Article