Abashinzwe gucunga umutungo w’ubwisungane mu kwivuza baributswa ko bagomba...
Tweet Abaturage bo mu karere ka Kirehe ngo intego ya mbere barasaho mu matsinda yabo ni ukugura ubwishingizi bwo kwivuza bwa mituweri, kugira ngo ntihazagire usigara ativuje mu gihe yaba yahuye...
View ArticleNgororero: Abaturage b’umurenge wa Matyazo bashimiwe uburyo bitabira...
TweetMuri iki gihe hamwe mu mirenge igize akarere ka Ngororero bagiseta ibirenge mu kwitabira ubwisungane mu kwivuza, abatuye umurenge wa Matyazo muri ako karere bo barashimirwa ko bitabiriye gutanga...
View ArticleRUSIZI: Urubyiruko rurasabwa guhangana n’ibibazo birwugarije
TweetUrubyiruko rwo mu mirenge yose igize akarere ka Rusizi ruri mu mahugurwa y’Abakangurambaga b’urungano agamije kubigisha gahunda y’ubuzima bw’imyororokere n’uburenganzira bwabo, uru rubyiruko ruri...
View ArticleRubavu: imikorere mibi y’amavuriro yatumye abaturage badatanga ubwisungane mu...
TweetUmuyobozi w’intara y’uburengerazuba Jabo Paul Nyuma y’igihe ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwibaza impamvu abaturage badatanga ubwisungane mu kwivuzango bigere 100%, ubuyobozi bw’intara...
View ArticleGisagara: Kumenya agaciro k’ubuzima bwiza bituma batanga ubwisungane mu...
Tweet Abaturage bo mu murenge wa Kansi ho mu karere ka Gisagara baratangaza ko kuba barahawe ibisobanuro bihagije ku byiza byo kwivuza neza, kikaba na kimwe mu bitera amagara meza, byabafashije kujya...
View ArticleBurera: Kubyarira kwa muganga ngo bigomba kuba umuhigo w’urugo
TweetZaraduhaye Joseph, umuyobozi wungirije w’akarere ka Burera ushinzwe ubukungu Ubuyobozi bw’akarere ka Burera burasaba abayobozi b’inzego z’ibanze muri ako karere gushishikariza ababyeyi kujya bajya...
View ArticleNyamyumba : abayobozi barasura abaturage babashishikariza gutanga mutuelle
TweetAbayobozi barasanga abaturage mu ngo n’ahahurira abantu benshi babashishikariza gutanga mutuelle Ubuyobozi bw’umurenge wa Nyamyumba n’utugari tugize uyu murenge bwatangije igikorwa cyo gusura...
View ArticleNyabihu: Abajyanama b’ubuzima barashimirwa imikorere myiza
TweetUbutumwa bugufi bwihuse ku biba bikozwe n’umujyanama w’ubuzima ubishinzwe mu mikurikiranire y’ ubuzima bw’umwana n’umubyeyi “Rapid sms”,bwohererezwa Minisiteri y’ubuzima ndetse no gukurikirana...
View ArticleKirehe: batangiye gahunda yo gutegura icyumweru cyahariwe umubyeyi, umwana...
TweetAbayobozi b’ibigo Nderabuzima bigize ibitaro bya Kirehe kuri uyu wa 05 /03/ 2014, bahuriye mu nama y’ubukangurambaga igamije gutegura icyumweru cyahariwe kwita ku buzima bw’ umubyeyi, umwana,...
View ArticleKayonza: Kuvugurura ikigo nderabuzima cya Mukarange ngo byatumye...
TweetUmuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Mukarange ikigo nderabuzima cya Mukarange nyuma yo kuvugururwa Abaturage bivuriza mu kigo nderabuzima cya Mukarange mu karere ka Kayonza bavuga ko serivisi...
View ArticleRusizi : Ngo ntibahabwa ikarita y’ubwisungane mu kwivuza, umuryango wose...
Tweet Mu gihe bamwe mu baturage bo mu karere ka Rusizi bavuga ko bangirwa kuvurwa iyo hari umwe mu bagize umuryango uba yaragiye gushakira ubuzima mu bindi bice by’igihugu, Ubuyobozi bushinzwe...
View Article‘Mother and Child Health Week’ launched in Gisagara
TweetDr. Anita Asiimwe awards the best community health workers Kibilizi sector Dr. Anita Asiimwe, the Minister of State in charge of Public Health and Primary Health Care has called on Rwandans to...
View ArticleKWISIRAMUZA SI URUKINGO RWA SIDA, AHUBWO BIGABANYA AMAHIRWE YO KWANDURA
Tweet Kwisiramuza kw’abagabo ngo ni kimwe mu bigabanya ibyago byo kwandura virusi itera sida ndetse no kurwara cancer y’inkondo y’umura kubagore. Gusa ngo ibi ntibivuga ko kwisiramuzi ari urukingo...
View ArticleNyabihu District officials on study tour to improve on Health Insurance
TweetDifferent administrative levels in Nyabihu District on Friday were in Gatsibo District learning how local people contribute for Mutuelle de santé (medical Insurance) through formation of financial...
View ArticleRulindo: mituweri iracyari hasi ugereranije n’ikifuzo cy’ubuyobozi
Tweet Kugeza ubu mu karere ka Rulindo bigaragara ko ubwisungane mu kwivuza bukiri hasi ugereranije n’ibyifuzo by’abayobozi bo muri aka karere kuko kugeza ubu ngo bikiri kuri 74%. Nk’uko byasobanuwe...
View ArticleNyamasheke- Urubyiruko ruributswa ko inda z’indaro na SIDA bikibateze
TweetMu mihango yo gusoza amarushanwa y’umurenge Kagame Cup, urubyiruko rutuye mu karere ka Nyamasheke rwongeye kwibutswa ko Sida no gutwara inda zitateguwe bigikomeje kwica ejo hazaza habo niba...
View ArticleMinazi: M ugihe cya vuba baraba babonye ikigo nderabuzima
TweetKuba umurenge wa Minazi ariwo murenge wonyine wari usigaye mu karere ka Gakenke udafite ikigo nderabuzima ntibikunze kworohera abaturage mugihe havutse ikibazo cyerekeranye n’uburwayi kuko...
View ArticleRwanda to commission study on malnutrition
TweetChildren being served a nutritious meal at Serena Hotel in Kigali recently Rwanda is set to boost efforts to reduce malnutrition cases in the country once a survey on the real causes is...
View ArticleBurera: Mu gihe umwaka wa Mitiweri ugiye kurangira abayitanze bagera kuri 78,...
Tweet Ubuyobozi bw’akarere ka Burera buratangaza ko mu minsi mike isigaye kugira ngo umwaka w’ubwisungane mu kwivuza 2013-2014 urangire, bagiye gukora ibishoboka kugira ngo ukwezi kwa 05/2014...
View ArticleNgororero: Nta muturage numwe wo mu karere ka Ngororero uzarenza mata 2014,...
Tweet Akarere ka Ngororero gafatanyije n’abafatanyabikorwa bako mu birebana n’ubuzima karahatanira kuva kuri 80,6% kakagera ku 100% mu mpera za Mata 2014 mu bwisungane mu kwivuza. Uru rugamba rukomeye...
View Article